Ibyakozwe 17:33, 34 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 33 Nuko Pawulo abasiga aho aragenda. 34 Ariko abantu bamwe bifatanya na we kandi barizera. Muri bo harimo Diyoniziyo wari umucamanza mu rukiko rwa Areyopago, harimo n’umugore witwaga Damarisi n’abandi bari kumwe na bo.
33 Nuko Pawulo abasiga aho aragenda. 34 Ariko abantu bamwe bifatanya na we kandi barizera. Muri bo harimo Diyoniziyo wari umucamanza mu rukiko rwa Areyopago, harimo n’umugore witwaga Damarisi n’abandi bari kumwe na bo.