-
Umwami atanga umucyo ku byerekeye UbwamiUbwami bw’Imana burategeka
-
-
3, 4. (a) Ni mu buhe buryo Yesu yakomeje kwigisha abantu bizerwa ibyerekeye Ubwami bw’Imana? (b) Ni iki turi busuzume muri iki gice?
3 Yesu yavuze ayo magambo aboneka muri Yohana 16:12 mu ijoro rya nyuma ry’ubuzima bwe hano ku isi. None se nyuma y’urupfu rwe, yari gukomeza kwigisha ate abantu bizerwa ibyerekeye Ubwami bw’Imana? Yijeje intumwa ze ati ‘umwuka w’ukuri, uzabayobora mu kuri kose’a (Yoh 16:13). Umwuka wera twawugereranya n’umuyobozi wihangana. Uwo mwuka ni wo Yesu akoresha yigisha abagaragu be ikintu cyose bakeneye kumenya ku byerekeye Ubwami bw’Imana, akakibigisha mu gihe bakeneye kukimenya.
-
-
Umwami atanga umucyo ku byerekeye UbwamiUbwami bw’Imana burategeka
-
-
a Hari igitabo kivuga ko ijambo ry’ikigiriki rihindurwamo “kuyobora” muri uwo murongo, risobanura “kwereka umuntu inzira.”
-