ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Intangiriro 12:1-3
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 12 Yehova abwira Aburamu ati: “Va mu gihugu cyawe no muri bene wanyu no mu bakomoka kuri papa wawe, maze ujye mu gihugu nzakwereka.+ 2 Nzaguha umugisha ntume abagukomokaho baba benshi kandi bagire imbaraga. Nzatuma izina ryawe ryamamara cyane kandi uzabera abandi umugisha.+ 3 Nzaha umugisha abakwifuriza umugisha kandi abakwifuriza ibibi ni bo bizageraho.+ Imiryango yose yo ku isi izahabwa umugisha* binyuze kuri wowe.”+

  • Ibyakozwe 3:25
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 25 Muri abana b’abahanuzi, mukaba n’abana b’isezerano Imana yasezeranye na ba sogokuruza banyu,+ igihe yabwiraga Aburahamu iti: ‘urubyaro rwawe ruzatuma abatuye isi babona umugisha.’+

  • Abagalatiya 3:8
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 8 Imana yakoresheje ibyanditswe, igaragaza ko abantu batari Abayahudi bari kuba abakiranutsi, bitewe n’uko bagaragaza ukwizera. Ni na cyo cyatumye imenyesha Aburahamu ubutumwa bwiza mbere y’igihe, igira iti: “Abantu bo mu bihugu byose byo ku isi bazahabwa umugisha binyuze kuri wowe.”+

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze