-
Umubwiriza 10:20Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
20 Ntukavuge nabi umwami niyo haba ari mu bitekerezo,+ kandi ntukavuge nabi umukire mu gihe uri mu cyumba uryamamo, kuko akanyoni gashobora kumva ibyo wavuze maze kakajya kubivuga.
-
-
Ibyakozwe 23:5Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
5 Ariko Pawulo aravuga ati: “Bavandi, sinari nzi ko ari umutambyi mukuru, kuko handitswe ngo: ‘ntukavuge nabi umutware wanyu.’”+
-
-
Yuda 8Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
8 Nubwo bimeze bityo ariko, abo bantu batujemo na bo bahora batekereza ibintu bibi, bakishora mu busambanyi, bityo bagatesha agaciro imibiri yabo n’iy’abandi. Nanone basuzugura ababayobora kandi bagatuka abanyacyubahiro.+
-