40 kugira ngo bijye byibutsa Abisirayeli ko nta muntu utabifitiye uburenganzira, ni ukuvuga udakomoka kuri Aroni, uzajya yigira hafi ngo atwikire umubavu imbere ya Yehova,+ kandi ngo hatazagira umera nka Kora n’abo bari kumwe. Nuko abikora nk’uko Yehova yabimubwiye binyuze kuri Mose.+