Kuva 23:19 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 19 “Imbuto zeze mbere, nziza kurusha izindi zo mu murima wawe, ujye uzizana mu nzu ya Yehova Imana yawe.+ “Ntugatekeshe umwana w’ihene amata ya nyina.*+ Abalewi 23:10 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 10 “Vugana n’Abisirayeli, ubabwire uti: ‘nimugera mu gihugu ngiye kubaha maze mugasarura ku myaka, muzazanire umutambyi+ umufungo w’imyaka yeze mbere+ mu byo musaruye. Kubara 18:8 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 8 Yehova yongera kubwira Aroni ati: “Njye ubwanjye naguhaye inshingano yo kwita ku maturo bantura.+ Amaturo yera yose Abisirayeli bantura narayaguhaye burundu wowe n’abahungu bawe.+ Kubara 18:12 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 12 “Nabahaye+ amavuta meza kurusha ayandi yose, divayi nshya iryoshye kurusha izindi zose n’ibinyampeke biva mu myaka yeze mbere+ Abisirayeli bazanira Yehova. 2 Ibyo ku Ngoma 6:6 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 6 Ariko nahisemo Yerusalemu+ ngo abe ari ho izina ryanjye riba kandi mpitamo Dawidi kugira ngo ayobore abantu banjye, ari bo Bisirayeli.’+ 2 Ibyo ku Ngoma 31:5 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 5 Abisirayeli bakimara kumva iryo tegeko, bongera ibinyampeke byeze mbere batangaga, divayi nshya, amavuta,+ ubuki n’ibindi byose bari bejeje mu murima.+ Bazanye kimwe cya cumi cya buri kintu, babizana ari byinshi.+ Imigani 3:9 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
19 “Imbuto zeze mbere, nziza kurusha izindi zo mu murima wawe, ujye uzizana mu nzu ya Yehova Imana yawe.+ “Ntugatekeshe umwana w’ihene amata ya nyina.*+
10 “Vugana n’Abisirayeli, ubabwire uti: ‘nimugera mu gihugu ngiye kubaha maze mugasarura ku myaka, muzazanire umutambyi+ umufungo w’imyaka yeze mbere+ mu byo musaruye.
8 Yehova yongera kubwira Aroni ati: “Njye ubwanjye naguhaye inshingano yo kwita ku maturo bantura.+ Amaturo yera yose Abisirayeli bantura narayaguhaye burundu wowe n’abahungu bawe.+
12 “Nabahaye+ amavuta meza kurusha ayandi yose, divayi nshya iryoshye kurusha izindi zose n’ibinyampeke biva mu myaka yeze mbere+ Abisirayeli bazanira Yehova.
6 Ariko nahisemo Yerusalemu+ ngo abe ari ho izina ryanjye riba kandi mpitamo Dawidi kugira ngo ayobore abantu banjye, ari bo Bisirayeli.’+
5 Abisirayeli bakimara kumva iryo tegeko, bongera ibinyampeke byeze mbere batangaga, divayi nshya, amavuta,+ ubuki n’ibindi byose bari bejeje mu murima.+ Bazanye kimwe cya cumi cya buri kintu, babizana ari byinshi.+