56 “Yehova asingizwe, we watumye abantu be ari bo Bisirayeli, bagira amahoro nk’uko yari yarabibasezeranyije.+ Mu masezerano yose yabasezeranyije akoresheje umugaragu we Mose, nta na rimwe ritasohoye.+
18 Ibyo yabikoze kugira ngo binyuze ku bintu bibiri bidahinduka* bigaragaza ko Imana idashobora kubeshya, twebwe abashakiye ubuhungiro ku Mana duterwe inkunga ikomeye yo gukomera ku byiringiro twahawe.+