-
Yeremiya 32:4, 5Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
4 ndetse Sedekiya umwami w’u Buyuda ntazacika Abakaludaya, kuko umwami w’i Babuloni azamufata; azavugana na we imbonankubone barebana mu maso.”’+ 5 Yehova aravuga ati: ‘azajyana Sedekiya i Babuloni agumeyo, kugeza igihe nzafatira umwanzuro w’icyo nzamukorera. Nubwo mukomeza kurwanya Abakaludaya, ntimuzatsinda.’”+
-
-
Ezekiyeli 12:12, 13Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
12 Umutware muri bo, azatwara ibintu bye ku rutugu maze agende bumaze kwira. Azatobora urukuta kugira ngo anyuzemo ibintu bye.+ Azitwikira mu maso kugira ngo atareba ubutaka.’ 13 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo.+ Nzamujyana i Babuloni mu gihugu cy’Abakaludaya ariko ntazakireba, azapfirayo.+
-