Intangiriro 49:8 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya Intangiriro 49:10 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya Kubara 2:3 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 3 “Abazajya bashinga amahema mu burasirazuba, ni itsinda rigizwe n’imiryango itatu ihagarariwe n’umuryango wa Yuda, hakurikijwe amatsinda barimo.* Umukuru w’umuryango wa Yuda ni Nahashoni+ umuhungu wa Aminadabu. Kubara 10:14 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 14 Habanje guhaguruka itsinda ry’imiryango itatu rihagarariwe n’umuryango wa Yuda, hakurikijwe amatsinda mato barimo.* Umutware wabo yari Nahashoni+ umuhungu wa Aminadabu. Abacamanza 1:1, 2 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 1 Yosuwa amaze gupfa,+ Abisirayeli* babaza Yehova+ bati: “Ni nde muri twe uzabanza gutera Abanyakanani?” 2 Yehova arabasubiza ati: “Abakomoka mu muryango wa Yuda ni bo bazabanza+ kandi nzatuma bafata* icyo gihugu.” Zab. 60:7 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 7 Akarere ka Gileyadi ni akanjye, akarere k’Abamanase na ko ni akanjye.+ Akarere ka Efurayimu ni ingofero* yanjye. Yuda ni inkoni yanjye y’ubutware.+
3 “Abazajya bashinga amahema mu burasirazuba, ni itsinda rigizwe n’imiryango itatu ihagarariwe n’umuryango wa Yuda, hakurikijwe amatsinda barimo.* Umukuru w’umuryango wa Yuda ni Nahashoni+ umuhungu wa Aminadabu.
14 Habanje guhaguruka itsinda ry’imiryango itatu rihagarariwe n’umuryango wa Yuda, hakurikijwe amatsinda mato barimo.* Umutware wabo yari Nahashoni+ umuhungu wa Aminadabu.
1 Yosuwa amaze gupfa,+ Abisirayeli* babaza Yehova+ bati: “Ni nde muri twe uzabanza gutera Abanyakanani?” 2 Yehova arabasubiza ati: “Abakomoka mu muryango wa Yuda ni bo bazabanza+ kandi nzatuma bafata* icyo gihugu.”
7 Akarere ka Gileyadi ni akanjye, akarere k’Abamanase na ko ni akanjye.+ Akarere ka Efurayimu ni ingofero* yanjye. Yuda ni inkoni yanjye y’ubutware.+