19 Nzatuma bose bunga ubumwe+ kandi nzabashyiramo umwuka mushya.+ Nzabavanamo umutima umeze nk’ibuye+ mbahe umutima woroshye,+ 20 kugira ngo bakurikize amabwiriza yanjye, bumvire amategeko yanjye kandi bayakurikize. Icyo gihe ni bwo bazaba abanjye nanjye mbe Imana yabo.”’