16 Ibyo bizaba bitewe n’uko mukurikiza amategeko ya Omuri, mugakora ibikorwa nk’ibyo abo mu muryango wa Ahabu bakoraga byose,+
Kandi mukumvira inama zabo.
Ni yo mpamvu nzatuma abazabareba bose batangara
Kandi abantu bose bazareba abaturage banyu bazumirwa.+
Abantu bazajya babasuzugura.”+