-
Yesaya 6:11Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
11 Nuko ndavuga nti: “Yehova, bizageza ryari?” Na we aransubiza ati:
“Ni ukugeza igihe imijyi izaba yarasenyutse ikaba amatongo, itakibamo abaturage,
Amazu atakibamo abantu
N’igihugu cyarasenyutse kandi kidatuwe;+
-
Yeremiya 25:9Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
9 Yehova aravuga ati: ‘ngiye gutumaho imiryango yose yo mu majyaruguru,+ ntumeho n’umugaragu wanjye+ Nebukadinezari* umwami w’i Babuloni mbazane batere iki gihugu,+ barwanye abaturage bacyo n’ibi bihugu byose bigikikije.+ Nzabirimbura mbigire ikintu giteye ubwoba, ku buryo uzabireba azavugiriza yumiwe, kandi iki gihugu nzagihindura amatongo.
-
-
Zefaniya 1:2Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
2 Yehova aravuze ati: “Nta kabuza ibintu byose nzabirimbura burundu.”+
-
-
-