Yesaya 28:16 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 16 Ni yo mpamvu Umwami w’Ikirenga Yehova avuga ati: “Dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye rya fondasiyo ryageragejwe,+Ibuye ry’agaciro kenshi,+ rikomeza inguni ya fondasiyo.+ Uryizera wese ntazagira ubwoba.+ Luka 20:17 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 17 Ariko arabitegereza aravuga ati: “None se ibi byanditswe bivuga ngo: ‘ibuye abubatsi banze ni ryo ryabaye irikomeza inguni’* bisobanura iki?+ Ibyakozwe 4:11 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 11 Uwo ni we ‘buye mwebwe abubatsi mwabonye ko ritagira umumaro, ariko ryabaye irikomeza inguni.’*+ Abaroma 9:33 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 33 Ibyo bihuje n’uko ibyanditswe bivuga. Bigira biti: “Dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye+ risitaza n’urutare rugusha, kandi umuntu wese wubaka ukwizera kwe kuri urwo rutare, ntazakorwa n’isoni.”+ Abefeso 2:20 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 20 Mumeze nk’amabuye yubatswe kuri fondasiyo igizwe n’intumwa n’abahanuzi,+ hanyuma Kristo Yesu akaba ari ibuye ry’ingenzi rikomeza inguni.*+ 1 Petero 2:7 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 7 Kubera iyo mpamvu rero, Yesu ni uw’agaciro kenshi kuri mwe kuko mumwizera. Ariko ku batizera, “ni rya buye abubatsi banze+ ariko ryabaye irikomeza inguni.”*+
16 Ni yo mpamvu Umwami w’Ikirenga Yehova avuga ati: “Dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye rya fondasiyo ryageragejwe,+Ibuye ry’agaciro kenshi,+ rikomeza inguni ya fondasiyo.+ Uryizera wese ntazagira ubwoba.+
17 Ariko arabitegereza aravuga ati: “None se ibi byanditswe bivuga ngo: ‘ibuye abubatsi banze ni ryo ryabaye irikomeza inguni’* bisobanura iki?+
33 Ibyo bihuje n’uko ibyanditswe bivuga. Bigira biti: “Dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye+ risitaza n’urutare rugusha, kandi umuntu wese wubaka ukwizera kwe kuri urwo rutare, ntazakorwa n’isoni.”+
20 Mumeze nk’amabuye yubatswe kuri fondasiyo igizwe n’intumwa n’abahanuzi,+ hanyuma Kristo Yesu akaba ari ibuye ry’ingenzi rikomeza inguni.*+
7 Kubera iyo mpamvu rero, Yesu ni uw’agaciro kenshi kuri mwe kuko mumwizera. Ariko ku batizera, “ni rya buye abubatsi banze+ ariko ryabaye irikomeza inguni.”*+