-
Kuva 12:48Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
48 Kandi niba hari umunyamahanga utuye muri mwe akaba ashaka kwizihiriza Yehova Pasika, abantu bose b’igitsina gabo bo mu rugo rwe bajye babanza gukebwa, hanyuma abone kuyizihiza. Azabe nk’Umwisirayeli. Ntihakagire umuntu w’igitsina gabo utarakebwe uyiryaho.+
-