ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Umubwiriza 8
  • Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya

Videwo ntibashije kuboneka.

Ihangane, habaye ikibazo mu gufungura videwo.

Ibivugwa mu gitabo cy’Umubwiriza

      • Ubutegetsi bw’abantu badatunganye (1-17)

        • Jya wumvira amategeko y’umwami (2-4)

        • Umuntu yagiye ategeka undi amugirira nabi (9)

        • Iyo igihano kidahise gitangwa (11)

        • Jya urya, unywe kandi wishime (15)

Umubwiriza 8:2

Impuzamirongo

  • +Img 24:21, 22; Rom 13:1; Tito 3:1; 1Pt 2:13
  • +2Sm 5:3

Umubwiriza 8:3

Impuzamirongo

  • +Umb 10:4
  • +1Bm 1:5, 7; Img 20:2

Umubwiriza 8:4

Impuzamirongo

  • +1Bm 2:24, 25

Umubwiriza 8:5

Impuzamirongo

  • +Rom 13:5; 1Pt 3:13
  • +1Sm 24:12, 13; 26:8-10; Zb 37:7

Umubwiriza 8:6

Impuzamirongo

  • +Umb 3:17

Umubwiriza 8:8

Impuzamirongo

  • +Zb 89:48

Umubwiriza 8:9

Impuzamirongo

  • +Kuva 1:13, 14; Mika 7:3

Umubwiriza 8:10

Impuzamirongo

  • +Img 10:7

Umubwiriza 8:11

Impuzamirongo

  • +Zb 10:4, 6
  • +1Sm 2:22, 23

Umubwiriza 8:12

Impuzamirongo

  • +Zb 34:9; 103:13; 112:1; Yes 3:10; 2Pt 2:9

Umubwiriza 8:13

Impuzamirongo

  • +Zb 37:10; Yes 57:21
  • +Yobu 24:24

Umubwiriza 8:14

Impuzamirongo

  • +Umb 7:15
  • +Zb 37:7; 73:12

Umubwiriza 8:15

Impuzamirongo

  • +Zb 100:2
  • +Umb 2:24; 3:12, 13

Umubwiriza 8:16

Impuzamirongo

  • +Umb 1:13; 7:25

Umubwiriza 8:17

Impuzamirongo

  • +Umb 3:11; Rom 11:33
  • +Yobu 28:12; Umb 7:24; 11:5

Byose

Umubw. 8:2Img 24:21, 22; Rom 13:1; Tito 3:1; 1Pt 2:13
Umubw. 8:22Sm 5:3
Umubw. 8:3Umb 10:4
Umubw. 8:31Bm 1:5, 7; Img 20:2
Umubw. 8:41Bm 2:24, 25
Umubw. 8:5Rom 13:5; 1Pt 3:13
Umubw. 8:51Sm 24:12, 13; 26:8-10; Zb 37:7
Umubw. 8:6Umb 3:17
Umubw. 8:8Zb 89:48
Umubw. 8:9Kuva 1:13, 14; Mika 7:3
Umubw. 8:10Img 10:7
Umubw. 8:11Zb 10:4, 6
Umubw. 8:111Sm 2:22, 23
Umubw. 8:12Zb 34:9; 103:13; 112:1; Yes 3:10; 2Pt 2:9
Umubw. 8:13Zb 37:10; Yes 57:21
Umubw. 8:13Yobu 24:24
Umubw. 8:14Umb 7:15
Umubw. 8:14Zb 37:7; 73:12
Umubw. 8:15Zb 100:2
Umubw. 8:15Umb 2:24; 3:12, 13
Umubw. 8:16Umb 1:13; 7:25
Umubw. 8:17Umb 3:11; Rom 11:33
Umubw. 8:17Yobu 28:12; Umb 7:24; 11:5
  • Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • 10
  • 11
  • 12
  • 13
  • 14
  • 15
  • 16
  • 17
Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
Umubwiriza 8:1-17

Umubwiriza

8 Ni nde umeze nk’umunyabwenge? Ni nde wabona ibisubizo by’ibibazo biriho? Ubwenge bw’umuntu butuma agira akanyamuneza mu maso, ntakomeze kubabara.

2 Jya wumvira amategeko y’umwami+ bitewe n’indahiro warahiriye Imana.+ 3 Ntukihutire kuva imbere ye+ kandi ntugakore ibibi,+ kuko icyo ashaka gukora cyose azagikora, 4 bitewe n’uko ijambo ry’umwami ari ryo rifite ububasha.+ Ni nde ushobora kumubaza ati: “Urakora ibiki?”

5 Umuntu ukurikiza amategeko nta kibazo azagira,+ kandi umuntu w’umunyabwenge azamenya igihe gikwiriye cyo kugira icyo akora, amenye n’uburyo bwo kugikora.+ 6 Abantu bahura n’ibibazo byinshi, ariko baba bagomba kubikemura byose mu gihe gikwiriye no mu buryo bukwiriye.+ 7 None se ko nta muntu n’umwe uzi ibizaba, ni nde ushobora kubwira undi uko ibintu bizagenda?

8 Nta muntu ufite ububasha bwo gutegeka umwuka w’umuntu cyangwa ngo awubuze kumuvamo, kandi nta muntu ufite ububasha bwo gutegeka umunsi azapfiraho.+ Kimwe n’uko nta musirikare ushobora guhabwa uruhushya rwo kuva ku rugamba kandi hari intambara, ni na ko abakora ibibi batazagira amahoro.

9 Ibyo byose narabibonye kandi ntekereza ku bintu byose byakorewe kuri iyi si. Muri icyo gihe cyose, umuntu yagiye ategeka undi amugirira nabi.+ 10 Nanone nabonye abantu babi bahambwa. Abo ni bo bajyaga binjira ahera kandi bagasohoka, ariko bahise bibagirana mu mujyi bakoreyemo ibyo byose.+ Ibyo na byo ni ubusa!

11 Kubera ko igihano cyagenewe igikorwa kibi kidahita gitangwa,+ ni yo mpamvu abantu bakora ibibi babishishikariye.+ 12 Nubwo umunyabyaha yakora ibibi inshuro 100 kandi agakomeza kubaho igihe kirekire akora ibyo ashaka, njye nzi neza ko abatinya Imana y’ukuri ari bo bizagendekera neza, bitewe n’uko bayitinya.+ 13 Ariko umuntu mubi ntibizamugendekera neza,+ kandi ntazashobora kongera iminsi yo kubaho kwe. Ishira vuba nk’igicucu cy’izuba,+ kuko adatinya Imana.

14 Hari ibintu bibabaje bibera kuri iyi si: Hari igihe umuntu aba ari umukiranutsi ariko agafatwa nk’aho ari umuntu ukora ibibi,+ hakaba n’igihe umuntu aba akora ibibi ariko agafatwa nk’aho ari umukiranutsi.+ Mbona ibyo na byo ari ubusa.

15 Bityo rero, nabonye ko kunezerwa ari byiza,+ kubera ko kuri iyi si nta cyiza cyarutira abantu kurya, kunywa no kunezerwa. Ibyo ni byo baba bakwiriye gukora, bitewe n’imirimo bakorana umwete mu minsi yo kubaho kwabo+ Imana y’ukuri yabahaye kuri iyi si.

16 Ibyo byatumye niyemeza kumenya ubwenge no kugenzura imirimo yose ikorerwa kuri iyi si,+ ndetse sinasinzira, haba ku manywa cyangwa nijoro. 17 Nuko mbona imirimo yose y’Imana y’ukuri, mbona n’ukuntu abantu badashobora gusobanukirwa ibibera kuri iyi si.+ Uko imbaraga bashyiraho zaba zingana kose, ntibashobora kubisobanukirwa, nubwo baba bavuga ko ari abanyabwenge kandi ko bafite ubumenyi bwinshi. Mu by’ukuri ntibashobora kubisobanukirwa.+

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze