ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Abacamanza 4
  • Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya

Videwo ntibashije kuboneka.

Ihangane, habaye ikibazo mu gufungura videwo.

Ibivugwa mu Bacamanza

      • Yabini umwami w’i Kanani akandamiza Abisirayeli (1-3)

      • Umuhanuzikazi Debora n’Umucamanza Baraki (4-16)

      • Yayeli yica umugaba w’ingabo Sisera (17-24)

Abacamanza 4:1

Impuzamirongo

  • +Abc 2:19

Abacamanza 4:2

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Mu rurimi iki gitabo cyanditswemo ni “abagurisha.”

Impuzamirongo

  • +Abc 2:14; 3:8; 10:7
  • +Abc 4:16

Abacamanza 4:3

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Mu rurimi iki gitabo cyanditswemo ni “amagare y’ibyuma.”

Impuzamirongo

  • +Abc 2:18; 3:9; Zb 107:19
  • +Yos 17:16; Abc 1:19
  • +Gut 28:48

Abacamanza 4:4

Impuzamirongo

  • +Kuva 15:20; 2Bm 22:14; Luka 2:36; Ibk 21:8, 9

Abacamanza 4:5

Impuzamirongo

  • +Yos 18:21, 25
  • +Int 28:17, 19

Abacamanza 4:6

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Cyangwa “ubajyane.”

Impuzamirongo

  • +Heb 11:32
  • +Yos 21:32

Abacamanza 4:7

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Cyangwa “ikibaya.”

Impuzamirongo

  • +1Bm 18:40; Zb 83:9
  • +Gut 20:1

Abacamanza 4:9

Impuzamirongo

  • +Abc 4:21, 22; 5:24, 26
  • +Yos 20:7, 9; 21:32

Abacamanza 4:10

Impuzamirongo

  • +Abc 5:18

Abacamanza 4:11

Impuzamirongo

  • +Kub 24:21; Abc 1:16; 1Sm 15:6
  • +Kub 10:29

Abacamanza 4:12

Impuzamirongo

  • +Abc 4:6

Abacamanza 4:13

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Mu rurimi iki gitabo cyanditswemo ni “amagare y’ibyuma.”

Impuzamirongo

  • +Abc 5:20, 21

Abacamanza 4:15

Impuzamirongo

  • +Kuva 14:24; Yos 10:10

Abacamanza 4:16

Impuzamirongo

  • +Lew 26:7

Abacamanza 4:17

Impuzamirongo

  • +Abc 5:24
  • +Abc 4:11
  • +Abc 4:1, 2

Abacamanza 4:19

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Cyangwa “uruhago rw’uruhu.”

Impuzamirongo

  • +Abc 5:25

Abacamanza 4:21

Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji

  • *

    Ni igiti kigufi gisongoye bakoresha bashinga ihema.

Impuzamirongo

  • +Abc 4:9; 5:26, 27

Abacamanza 4:23

Impuzamirongo

  • +Heb 11:32, 33

Abacamanza 4:24

Impuzamirongo

  • +Int 9:25
  • +Gut 7:24

Byose

Abac. 4:1Abc 2:19
Abac. 4:2Abc 2:14; 3:8; 10:7
Abac. 4:2Abc 4:16
Abac. 4:3Abc 2:18; 3:9; Zb 107:19
Abac. 4:3Yos 17:16; Abc 1:19
Abac. 4:3Gut 28:48
Abac. 4:4Kuva 15:20; 2Bm 22:14; Luka 2:36; Ibk 21:8, 9
Abac. 4:5Yos 18:21, 25
Abac. 4:5Int 28:17, 19
Abac. 4:6Heb 11:32
Abac. 4:6Yos 21:32
Abac. 4:71Bm 18:40; Zb 83:9
Abac. 4:7Gut 20:1
Abac. 4:9Abc 4:21, 22; 5:24, 26
Abac. 4:9Yos 20:7, 9; 21:32
Abac. 4:10Abc 5:18
Abac. 4:11Kub 24:21; Abc 1:16; 1Sm 15:6
Abac. 4:11Kub 10:29
Abac. 4:12Abc 4:6
Abac. 4:13Abc 5:20, 21
Abac. 4:15Kuva 14:24; Yos 10:10
Abac. 4:16Lew 26:7
Abac. 4:17Abc 5:24
Abac. 4:17Abc 4:11
Abac. 4:17Abc 4:1, 2
Abac. 4:19Abc 5:25
Abac. 4:21Abc 4:9; 5:26, 27
Abac. 4:23Heb 11:32, 33
Abac. 4:24Int 9:25
Abac. 4:24Gut 7:24
  • Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • 10
  • 11
  • 12
  • 13
  • 14
  • 15
  • 16
  • 17
  • 18
  • 19
  • 20
  • 21
  • 22
  • 23
  • 24
Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
Abacamanza 4:1-24

Abacamanza

4 Ehudi amaze gupfa, Abisirayeli bongeye gukora ibyo Yehova yanga.+ 2 Nuko Yehova abateza* Yabini umwami w’i Kanani+ wategekaga i Hasori. Umugaba w’ingabo ze yari Sisera, wari utuye i Harosheti-goyimu.+ 3 Abisirayeli batakira Yehova+ ngo abafashe kuko Yabini yari afite amagare y’intambara 900 ariho inziga zifite ibyuma bityaye cyane*+ kandi akaba yari amaze imyaka 20 abategekesha igitugu.+

4 Icyo gihe umuhanuzikazi+ Debora, umugore wa Lapidoti, ni we waciraga imanza Abisirayeli. 5 Yakundaga kwicara munsi y’igiti cye cy’umukindo, hagati y’i Rama+ n’i Beteli,+ mu karere k’imisozi miremire ya Efurayimu. Abisirayeli bajyaga kumureba kugira ngo abacire imanza. 6 Debora atuma kuri Baraki+ umuhungu wa Abinowamu w’i Kedeshi-nafutali,+ ati: “Yehova Imana ya Isirayeli aravuze ngo: ‘shaka abagabo 10.000 bo mu muryango wa Nafutali no mu wa Zabuloni, mujyane* ku Musozi wa Tabori. 7 Nanjye nzatuma Sisera, umugaba w’ingabo za Yabini, agusanga ku mugezi* wa Kishoni,+ ari kumwe n’amagare ye y’intambara n’abasirikare be kandi nzatuma mumutsinda.’”+

8 Baraki abwira Debora ati: “Niwemera ko tujyana ndajyayo. Ariko nutemera ko tujyana, sinjyayo.” 9 Debora aramusubiza ati: “Nta kibazo turajyana. Icyakora si wowe uzahabwa icyubahiro muri icyo gitero, kuko Yehova azatuma Sisera+ yicwa n’umugore.” Nuko Debora arahaguruka ajyana na Baraki i Kedeshi.+ 10 Baraki atumaho abo mu muryango wa Zabuloni n’uwa Nafutali+ ngo baze i Kedeshi, nuko abagabo 10.000 baramukurikira na Debora azamukana na we.

11 Hagati aho, Heberi w’Umukeni yari yaritandukanyije n’abandi Bakeni+ bakomoka kuri Hobabu, sebukwe wa Mose+ kandi ihema rye ryari iruhande rw’igiti kinini cy’i Sananimu, i Kedeshi.

12 Babwira Sisera ko Baraki umuhungu wa Abinowamu yazamutse akajya ku Musozi wa Tabori.+ 13 Sisera ahita ahuriza hamwe amagare ye yose y’intambara, ni ukuvuga amagare y’intambara 900 afite inziga ziriho ibyuma bityaye cyane,* ahuriza hamwe n’abasirikare be bose maze bava i Harosheti-goyimu bajya ku mugezi wa Kishoni.+ 14 Nuko Debora abwira Baraki ati: “Haguruka, kuko uyu munsi Yehova agiye gutuma utsinda Sisera. Wizere ko Yehova ari we ukuyoboye.” Baraki amanuka Umusozi wa Tabori ari kumwe na ba bagabo 10.000. 15 Nuko Yehova ateza urujijo+ Sisera n’amagare ye yose y’intambara n’ingabo ze zose, maze Baraki abicisha inkota. Sisera ava mu igare rye, ahunga n’amaguru. 16 Baraki akurikira ayo magare y’intambara n’izo ngabo, abageza i Harosheti-goyimu, nuko ingabo za Sisera zose azicisha inkota, ntihasigara n’umwe.+

17 Sisera yahunze n’amaguru, agera ku ihema rya Yayeli,+ umugore wa Heberi+ w’Umukeni, kuko Yabini+ umwami w’i Hasori yari incuti yo kwa Heberi w’Umukeni. 18 Yayeli arasohoka ajya guha ikaze Sisera aramubwira ati: “Injira databuja, injira hano. Witinya.” Nuko yinjira mu ihema rye. Maze Yayeli amworosa ikiringiti. 19 Hanyuma Sisera abwira Yayeli ati: “Ndakwinginze, mpa amazi yo kunywa kuko mfite inyota.” Nuko Yayeli apfundura agafuka k’uruhu* karimo amata, aramuha aranywa,+ maze arongera aramworosa. 20 Sisera aramubwira ati: “Hagarara ku muryango w’ihema maze nihagira umuntu uza akakubaza ati: ‘nta muntu ugeze aha?,’ umusubize ko nta we!”

21 Ariko kubera ko Sisera yari ananiwe cyane, yahise asinzira. Nuko Yayeli umugore wa Heberi afata urubambo* rw’ihema n’inyundo, agenda yomboka aramwegera, amushinga urwo rubambo mu musaya, rurahinguranya rwinjira mu butaka. Nuko Sisera arapfa.+

22 Baraki aje akurikiye Sisera, Yayeli arasohoka aza kumusanganira, aramubwira ati: “Ngwino nkwereke uwo ushaka.” Yinjirana na we, asanga Sisera aryamye hasi yapfuye, urubambo rushinze mu musaya.

23 Uko ni ko uwo munsi Imana yatumye Abisirayeli batsinda Yabini umwami w’i Kanani.+ 24 Abisirayeli bakomeje kurwanya Yabini umwami w’i Kanani+ kugeza bamwishe.+

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze