ZABURI
IBIVUGWAMO
-
Yehova ni Umucamanza ukiranuka
“Yehova, nshira urubanza” (8)
-
Yehova arahaguruka akagira icyo akora
Ibyo Yehova avuga biratunganye (6)
-
Imana ikiza umwami yatoranyije
Bamwe biringira amagare, abandi amafarashi, “ariko twe tuzatabaza Yehova tuvuga izina rye” (7)
-
Umwami ufite icyubahiro yinjira mu marembo
‘Isi ni iya Yehova’ (1)
-
Imana yumvise isengesho ry’umwanditsi wa zaburi
“Yehova ni imbaraga zanjye n’ingabo inkingira” (7)
-
Agahinda gaterwa no gupfusha kazahinduka ibyishimo
Kwemerwa n’Imana bihoraho iteka ryose (5)
-
Isengesho ry’umuntu ukikijwe n’abanzi usenga asaba gutabarwa
‘Imana ni yo imfasha’ (4)
-
Hariho Imana icira isi urubanza
Isengesho ry’umuntu usaba ko ababi bahanwa (6-8)
-
Imana ni nk’umunara ukomeye undinda iyo mpanganye n’abanzi
“Nzaba umushyitsi mu ihema ryawe” (4)
-
Imana indinda ibitero bangabaho mu ibanga
“Imana izabarashisha umwambi” (7)
-
Isengesho ryo gusaba gutabarwa vuba
“Banguka untabare” (5)
-
Imana ica imanza zitabera
Ababi bagomba kunywera ku gikombe cya Yehova (8)
-
Siyoni ni umujyi w’Imana y’ukuri
Abavukiye i Siyoni (4-6)
-
Yehova ni Umukiza n’Umucamanza ukiranuka
Yehova yamenyekanishije ibikorwa bye byo gukiza (2, 3)
-
Ibyo Yehova akorera abantu be bigaragaza ko ari indahemuka
-
Abantu bose bo ku isi nibasingize Yehova
Urukundo rudahemuka rw’Imana ni rwinshi cyane (2)
-
Nimwishimire ijambo ry’Imana ry’agaciro kenshi
“Umuntu ukiri muto yakora ate ibikwiriye?” (9)
“Nkunda cyane ibyo utwibutsa” (24)
“Mbega ukuntu nkunda amategeko yawe!” (97)
“Mfite ubwenge kurusha abigisha banjye bose” (99)
“Ijambo ryawe ni itara rimurikira ibirenge byanjye” (105)
“Ijambo ryawe ryose ni ukuri” (160)
Abakunda amategeko y’Imana bagira amahoro (165)
-
Bangabaho ibitero ariko ntibantsinda
Abanga Siyoni bazakorwa n’isoni (5)
-
Ndanyuzwe nk’umwana w’incuke
Sinifuza ibintu bikomeye cyane (1)
-
Musingize Imana nijoro
‘Muzamure amaboko yanyu musenga Yehova’ (2)