a Yehova yababariye abagaragu be babayeho mbere y’uko igitambo cy’incungu gitangwa. Impamvu yabikoze, ni uko yari yizeye adashidikanya ko Umwana we yari gukomeza kuba uwizerwa kugeza apfuye. Ubwo rero Yehova yabonaga ko ari nk’aho igitambo cy’incungu cyamaze gutangwa.—Rom. 3:25.