2 Bo ubwabo bashatse bamwe mu bakobwa babo, banabashyingira abahungu babo;+ none bivanze+ n’abantu bo mu bihugu kandi ari imbuto yera,+ ndetse ibikomangoma n’abatware ni bo bafashe iya mbere+ muri ubwo buhemu.”
39 Umugore aba ahambiriwe igihe cyose umugabo we akiriho.+ Ariko umugabo we aramutse asinziriye mu rupfu, yaba afite umudendezo wo gushyingiranwa n’uwo ashaka, icyakora iyo ari uri mu Mwami gusa.+