Intangiriro 12:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Nuko Yehova abonekera Aburamu aramubwira ati “iki gihugu+ nzagiha urubyaro rwawe.”+ Hanyuma aho hantu ahubaka igicaniro, acyubakira Yehova wari wamubonekeye. Intangiriro 15:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Nuko yizera Yehova,+ na we abimuhwanyiriza no gukiranuka.+ Intangiriro 26:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Ukomeze uture muri iki gihugu uri umwimukira+ nanjye nzakomeza kubana nawe nguhe umugisha, kuko nzaguha ibi bihugu byose wowe n’urubyaro rwawe,+ kandi nzasohoza indahiro narahiye so Aburahamu+ ubwo namubwiraga nti Abaheburayo 11:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Kwizera ni ko kwatumye aba nk’umwimukira mu gihugu cy’isezerano, akakibamo nk’uri mu gihugu cy’amahanga,+ abana mu mahema+ na Isaka+ na Yakobo,+ abari kuzaraganwa na we iryo sezerano,+
7 Nuko Yehova abonekera Aburamu aramubwira ati “iki gihugu+ nzagiha urubyaro rwawe.”+ Hanyuma aho hantu ahubaka igicaniro, acyubakira Yehova wari wamubonekeye.
3 Ukomeze uture muri iki gihugu uri umwimukira+ nanjye nzakomeza kubana nawe nguhe umugisha, kuko nzaguha ibi bihugu byose wowe n’urubyaro rwawe,+ kandi nzasohoza indahiro narahiye so Aburahamu+ ubwo namubwiraga nti
9 Kwizera ni ko kwatumye aba nk’umwimukira mu gihugu cy’isezerano, akakibamo nk’uri mu gihugu cy’amahanga,+ abana mu mahema+ na Isaka+ na Yakobo,+ abari kuzaraganwa na we iryo sezerano,+