Intangiriro 43:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Bamushyirira ibye ukwe, na bo babaha ibyabo, n’Abanyegiputa basangiraga na we babashyira ukwabo, kuko Abanyegiputa batashoboraga gusangira n’Abaheburayo, bitewe n’uko ibyo byari ikizira ku Banyegiputa.+ Intangiriro 46:34 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 34 Muzamusubize muti ‘twe abagaragu bawe kimwe na ba sogokuruza, turi aborozi kuva tukiri bato kugeza n’ubu,’+ kugira ngo muture mu karere k’i Gosheni,+ kuko umwungeri w’intama wese ari ikizira ku Banyegiputa.”+ Kuva 10:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 Tuzajyana n’amatungo yacu yose.+ Nta n’ikinono kigomba gusigara, kuko ayo matungo ari yo tuzakuraho ayo gutambira Yehova Imana yacu,+ kandi ntituzi ibyo tuzatamba dusenga Yehova, tuzabimenya tugezeyo.”+
32 Bamushyirira ibye ukwe, na bo babaha ibyabo, n’Abanyegiputa basangiraga na we babashyira ukwabo, kuko Abanyegiputa batashoboraga gusangira n’Abaheburayo, bitewe n’uko ibyo byari ikizira ku Banyegiputa.+
34 Muzamusubize muti ‘twe abagaragu bawe kimwe na ba sogokuruza, turi aborozi kuva tukiri bato kugeza n’ubu,’+ kugira ngo muture mu karere k’i Gosheni,+ kuko umwungeri w’intama wese ari ikizira ku Banyegiputa.”+
26 Tuzajyana n’amatungo yacu yose.+ Nta n’ikinono kigomba gusigara, kuko ayo matungo ari yo tuzakuraho ayo gutambira Yehova Imana yacu,+ kandi ntituzi ibyo tuzatamba dusenga Yehova, tuzabimenya tugezeyo.”+