16 Kandi urubyaro rwawe nzaruhindura nk’umusenyi wo mu isi, ku buryo niba hari uwabasha kubara umukungugu wo hasi, ubwo urubyaro rwawe na rwo rushobora kubarika.+
32 Abo ni bo babaruwe mu Bisirayeli hakurikijwe amazu ya ba sekuruza. Ababaruwe bose hakurikijwe aho bakambitse mu mitwe yabo, bari ibihumbi magana atandatu na bitatu na magana atanu na mirongo itanu.+