Abalewi 19:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 “‘Ntimukajye mu bashitsi,+ kandi ntukajye gushaka abapfumu+ kugira ngo bataguhumanya. Ndi Yehova Imana yanyu. Abalewi 20:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “‘Kandi umuntu uhemuka* agasanga abashitsi+ n’abapfumu,+ nzahagurukira uwo muntu mwice mukure mu bwoko bwe.+ 1 Samweli 28:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Amaherezo Sawuli abwira abagaragu be ati “nimunshakire umugore w’umuhanga mu gushika+ njye kumushikishaho.” Abagaragu be baramubwira bati “muri Eni-Dori+ hari umugore w’umuhanga mu gushika.” Yesaya 8:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Kandi nibababwira bati “mugende mubaze abashitsi+ cyangwa abapfumu banwigira+ kandi bakongorera,” mbese ubwoko bwose ntibukwiriye gusanga Imana yabwo akaba ari yo bubaza?+ Mbese iby’abazima byabazwa abapfuye?+ Ibyakozwe 16:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Nuko igihe twari tugiye ahantu ho gusengera, duhura n’umuja wari ufite umwuka mubi,+ umudayimoni uragura.+ Yazaniraga ba shebuja inyungu nyinshi,+ bitewe n’ibikorwa byo kuragura yakoraga.
31 “‘Ntimukajye mu bashitsi,+ kandi ntukajye gushaka abapfumu+ kugira ngo bataguhumanya. Ndi Yehova Imana yanyu.
6 “‘Kandi umuntu uhemuka* agasanga abashitsi+ n’abapfumu,+ nzahagurukira uwo muntu mwice mukure mu bwoko bwe.+
7 Amaherezo Sawuli abwira abagaragu be ati “nimunshakire umugore w’umuhanga mu gushika+ njye kumushikishaho.” Abagaragu be baramubwira bati “muri Eni-Dori+ hari umugore w’umuhanga mu gushika.”
19 Kandi nibababwira bati “mugende mubaze abashitsi+ cyangwa abapfumu banwigira+ kandi bakongorera,” mbese ubwoko bwose ntibukwiriye gusanga Imana yabwo akaba ari yo bubaza?+ Mbese iby’abazima byabazwa abapfuye?+
16 Nuko igihe twari tugiye ahantu ho gusengera, duhura n’umuja wari ufite umwuka mubi,+ umudayimoni uragura.+ Yazaniraga ba shebuja inyungu nyinshi,+ bitewe n’ibikorwa byo kuragura yakoraga.