Kubara 9:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 “‘Niba hari umwimukira utuye muri mwe, na we azategurire Yehova igitambo cya pasika.+ Ajye agitegura akurikije amategeko n’amabwiriza yose arebana na pasika.+ Mwese muzagengwe n’itegeko rimwe, yaba umwimukira cyangwa kavukire.’”+ Yosuwa 9:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Uwo munsi Yosuwa abagira+ abashenyi b’inkwi n’abavomyi b’iteraniro+ ry’Abisirayeli n’ab’igicaniro cya Yehova, aho Imana yari gutoranya kugishyira hose. Ni byo bagikora kugeza n’uyu munsi.+ Yesaya 56:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “Abanyamahanga bari mu ruhande rwa Yehova kugira ngo bamukorere,+ bakunde izina rya Yehova+ kandi babe abagaragu be, mbese abaziririza isabato bose ntibayihumanye, bagakomeza isezerano ryanjye,+ Yohana 12:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Icyo gihe mu bari baje gusenga muri iyo minsi mikuru, harimo Abagiriki.+ Ibyakozwe 8:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Nuko arahaguruka aragenda, maze abona Umunyetiyopiya+ w’inkone,+ wategekeraga Kandake, umwamikazi w’Abanyetiyopiya, akaba ari na we wacungaga ubutunzi bwe bwose. Yari yaragiye i Yerusalemu gusenga,+
14 “‘Niba hari umwimukira utuye muri mwe, na we azategurire Yehova igitambo cya pasika.+ Ajye agitegura akurikije amategeko n’amabwiriza yose arebana na pasika.+ Mwese muzagengwe n’itegeko rimwe, yaba umwimukira cyangwa kavukire.’”+
27 Uwo munsi Yosuwa abagira+ abashenyi b’inkwi n’abavomyi b’iteraniro+ ry’Abisirayeli n’ab’igicaniro cya Yehova, aho Imana yari gutoranya kugishyira hose. Ni byo bagikora kugeza n’uyu munsi.+
6 “Abanyamahanga bari mu ruhande rwa Yehova kugira ngo bamukorere,+ bakunde izina rya Yehova+ kandi babe abagaragu be, mbese abaziririza isabato bose ntibayihumanye, bagakomeza isezerano ryanjye,+
27 Nuko arahaguruka aragenda, maze abona Umunyetiyopiya+ w’inkone,+ wategekeraga Kandake, umwamikazi w’Abanyetiyopiya, akaba ari na we wacungaga ubutunzi bwe bwose. Yari yaragiye i Yerusalemu gusenga,+