2 Abakorinto 7:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Bityo rero bakundwa, ubwo dufite ayo masezerano,+ nimucyo twiyezeho+ umwanda wose w’umubiri n’uwo mu buryo bw’umwuka,+ kandi dutunganishe ukwera kwacu gutinya Imana.+ 2 Abakorinto 11:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Mbafitiye ifuhe, ariko ni ifuhe rituruka ku Mana,+ kuko jyewe ubwanjye nasezeranyije kuzabashyingira+ umugabo umwe,+ ari we Kristo,+ kugira ngo nzashobore kumubashyingira mumeze nk’isugi iboneye.+ Abefeso 5:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 ngo abone uko yiha iryo torero rifite ubwiza buhebuje,+ ridafite ikizinga cyangwa umunkanyari cyangwa ikindi cyose gisa n’ibyo, ahubwo ribe iryera kandi ridafite inenge.+ 2 Petero 3:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ku bw’ibyo rero bakundwa, ubwo mutegereje ibyo, mukore uko mushoboye kose kugira ngo amaherezo muzasangwe mu mahoro,+ mudafite ikizinga+ kandi mutagira inenge. Ibyahishuwe 14:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Abo ni bo batiyandurishije abagore;+ mu by’ukuri, bakomeye ku busugi bwabo.+ Abo ni bo bakomeza gukurikira Umwana w’intama aho ajya hose.+ Abo ni bo bacunguwe+ mu bantu kugira ngo babe umuganura+ ku Mana no ku Mwana w’intama,
7 Bityo rero bakundwa, ubwo dufite ayo masezerano,+ nimucyo twiyezeho+ umwanda wose w’umubiri n’uwo mu buryo bw’umwuka,+ kandi dutunganishe ukwera kwacu gutinya Imana.+
2 Mbafitiye ifuhe, ariko ni ifuhe rituruka ku Mana,+ kuko jyewe ubwanjye nasezeranyije kuzabashyingira+ umugabo umwe,+ ari we Kristo,+ kugira ngo nzashobore kumubashyingira mumeze nk’isugi iboneye.+
27 ngo abone uko yiha iryo torero rifite ubwiza buhebuje,+ ridafite ikizinga cyangwa umunkanyari cyangwa ikindi cyose gisa n’ibyo, ahubwo ribe iryera kandi ridafite inenge.+
14 Ku bw’ibyo rero bakundwa, ubwo mutegereje ibyo, mukore uko mushoboye kose kugira ngo amaherezo muzasangwe mu mahoro,+ mudafite ikizinga+ kandi mutagira inenge.
4 Abo ni bo batiyandurishije abagore;+ mu by’ukuri, bakomeye ku busugi bwabo.+ Abo ni bo bakomeza gukurikira Umwana w’intama aho ajya hose.+ Abo ni bo bacunguwe+ mu bantu kugira ngo babe umuganura+ ku Mana no ku Mwana w’intama,