13 Igice gisigaye cy’i Gileyadi n’i Bashani hose, aho umwami Ogi yategekaga, nabihaye igice cy’umuryango wa Manase.+ Agace ka Arugobu kari mu karere k’i Bashani ni ko kitwaga igihugu cy’Abarefayimu.
31 Kimwe cya kabiri cy’akarere ka Gileyadi, Ashitaroti, Edureyi+ n’imijyi yo mu bwami bwa Ogi w’i Bashani, byahawe abakomoka kuri Makiri+ umuhungu wa Manase, ni ukuvuga igice cy’umuryango w’abakomoka kuri Makiri, hakurikijwe imiryango yabo.
17Nuko hakorwa ubufindo,*+ abakomoka mu muryango wa Manase+ bahabwa umurage wabo kuko yari imfura ya Yozefu.+ Kubera ko Makiri+ ari we wari imfura ya Manase, akaba na papa wa Gileyadi n’intwari ku rugamba, yahawe i Gileyadi n’i Bashani.+