Mariko 3:28, 29 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 28 Ndababwira ukuri ko abantu bazababarirwa ibyaha byose bakoze, harimo n’ibyaha byose byo gutukana. 29 Ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazigera ababarirwa,+ ahubwo azabarwaho icyo cyaha kugeza iteka ryose.”+ Ibyakozwe 7:51 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 51 “Mwa bantu mwe mutumva! Mufunga amatwi kandi mukanga guhindura imitekerereze yanyu. Buri gihe murwanya umwuka wera. Ibyo ba sogokuruza banyu bakoze, namwe ni byo mukora.+ Abaheburayo 6:4 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 4 Hari bamwe baretse inyigisho z’ukuri kandi nta muntu n’umwe washobora kubafasha ngo bihane. Abo bantu bari barabonye umucyo,+ bahabwa impano ituruka mu ijuru kandi bahabwa umwuka wera. Abaheburayo 6:6 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 6 Ubwo rero, kubafasha ntibishoboka+ kubera ko ari nkaho bongeye kumanika Umwana w’Imana kandi bagatuma abantu bamusuzugura.+
28 Ndababwira ukuri ko abantu bazababarirwa ibyaha byose bakoze, harimo n’ibyaha byose byo gutukana. 29 Ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazigera ababarirwa,+ ahubwo azabarwaho icyo cyaha kugeza iteka ryose.”+
51 “Mwa bantu mwe mutumva! Mufunga amatwi kandi mukanga guhindura imitekerereze yanyu. Buri gihe murwanya umwuka wera. Ibyo ba sogokuruza banyu bakoze, namwe ni byo mukora.+
4 Hari bamwe baretse inyigisho z’ukuri kandi nta muntu n’umwe washobora kubafasha ngo bihane. Abo bantu bari barabonye umucyo,+ bahabwa impano ituruka mu ijuru kandi bahabwa umwuka wera.
6 Ubwo rero, kubafasha ntibishoboka+ kubera ko ari nkaho bongeye kumanika Umwana w’Imana kandi bagatuma abantu bamusuzugura.+