13 Nta kigeragezo kibageraho kitarageze no ku bandi.+ Ariko Imana ni iyo kwizerwa, kandi ntizemera ko mugeragezwa ibirenze ibyo mushobora kwihanganira.+ Ahubwo nimuhura n’ikigeragezo, Imana izabaha ibyo mukeneye byose, kugira ngo mushobore kucyihanganira.+