Gutegeka kwa Kabiri 15:7, 8 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 7 “Umuvandimwe wanyu utuye muri mwe, mu mijyi yo mu gihugu Yehova Imana yanyu agiye kubaha, nakena ntimuzamwirengagize cyangwa ngo mureke kugirira ubuntu uwo muvandimwe wanyu ukennye.+ 8 Mujye mugira ubuntu mugire icyo muha abavandimwe banyu,+ mubagurize ibyo bakeneye byose n’ibyo bifuza byose. Luka 3:11 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 11 Na we akabasubiza ati: “Ufite imyenda ibiri ahe udafite n’umwe, kandi ufite ibyokurya, na we abigenze atyo.”+ Abaroma 12:13 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 13 Mujye mufasha abagaragu b’Imana mukurikije ibyo bakeneye,+ mugire n’umuco wo kwakira abashyitsi.+ Yakobo 2:15, 16 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 15 Niba umuvandimwe cyangwa mushiki wacu adafite icyo kwambara kandi adafite ibyokurya bihagije by’uwo munsi, 16 ariko umwe muri mwe akamubwira ati: “Genda amahoro, ushire imbeho kandi uhage,” nyamara ntimumuhe ibyo akeneye, ibyo byaba bimaze iki?+ 1 Yohana 4:20 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 20 Umuntu navuga ati: “Nkunda Imana,” ariko akaba yanga umuvandimwe we, aba ari umunyabinyoma,+ kuko umuntu udakunda umuvandimwe we+ abona, adashobora gukunda Imana atabonye.+
7 “Umuvandimwe wanyu utuye muri mwe, mu mijyi yo mu gihugu Yehova Imana yanyu agiye kubaha, nakena ntimuzamwirengagize cyangwa ngo mureke kugirira ubuntu uwo muvandimwe wanyu ukennye.+ 8 Mujye mugira ubuntu mugire icyo muha abavandimwe banyu,+ mubagurize ibyo bakeneye byose n’ibyo bifuza byose.
11 Na we akabasubiza ati: “Ufite imyenda ibiri ahe udafite n’umwe, kandi ufite ibyokurya, na we abigenze atyo.”+
15 Niba umuvandimwe cyangwa mushiki wacu adafite icyo kwambara kandi adafite ibyokurya bihagije by’uwo munsi, 16 ariko umwe muri mwe akamubwira ati: “Genda amahoro, ushire imbeho kandi uhage,” nyamara ntimumuhe ibyo akeneye, ibyo byaba bimaze iki?+
20 Umuntu navuga ati: “Nkunda Imana,” ariko akaba yanga umuvandimwe we, aba ari umunyabinyoma,+ kuko umuntu udakunda umuvandimwe we+ abona, adashobora gukunda Imana atabonye.+