UMUTWE WA 1
Aho nandika—Abo mudahuje igitsina
Niba utekereza gushaka, andika ibintu bibiri by’ingenzi wifuza ko uwo wifuza kuzashaka yaba yujuje kandi usobanure impamvu ubona ko ibyo bintu ari iby’agaciro. Niba kandi wahitamo kudashaka, wenda hagashira nk’igihe runaka, andika ibyiza bibiri byo kuba umuntu aretse gushaka.
․․․․․