Ibirimo
3 Bitanze babikunze—muri Gana
ICYUMWERU CYO KU YA 29 KANAMA 2016–4 NZERI 2016
7 Dushake Ubwami aho gushaka ibintu
Yesu yatwigishije ‘gushaka mbere na mbere ubwami’ aho gushaka ibintu. Twakwirinda dute kugwa mu mutego wo gukunda ubutunzi kandi tukoroshya ubuzima kugira ngo dushobore gukurikirana ibintu by’ingenzi kurusha ibindi? Nimucyo dusuzume amagambo Yesu yavuze mu Kibwiriza cye cyo ku Musozi aboneka muri Matayo 6:25-34.
ICYUMWERU CYO KU YA 5-11 NZERI 2016
13 Kuki tugomba ‘gukomeza kuba maso’?
Twe Abakristo, tugomba gufatana uburemere inama ya Yesu yo ‘gukomeza kuba maso’ muri iyi minsi y’imperuka (Mat 24:42). Kugira ngo tubigereho, tugomba kwirinda imitekerereze mibi ishobora gutuma dusinzira mu buryo bw’umwuka ntitumenye iby’ukuhaba kwa Yesu. Iki gice gisobanura uko twakwirinda gusinzira mu buryo bw’umwuka.
18 “Witinya. Jye ubwanjye nzagutabara”
ICYUMWERU CYO KU YA 12-18 NZERI 2016
21 Dushimira Imana ko yatugiriye ubuntu butagereranywa
ICYUMWERU CYO KU YA 19-25 NZERI 2016
26 Bwiriza ubutumwa bwiza bw’ubuntu butagereranywa
Ibi bice byombi byerekana ukuntu ubuntu butagereranywa bwa Yehova butugirira akamaro. Nanone bisobanura impamvu gushimira tubivanye ku mutima byagombye gutuma tumenyesha abandi icyo bakora, kugira ngo ubuntu butagereranywa bwa Yehova bubagirire akamaro.