4-10 Nzeri
EZEKIYELI 42-45
Indirimbo ya 26 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Gahunda yo gusenga Yehova yongera gushyirwaho”: (Imin. 10)
Ezk 43:10-12—Ibyo Ezekiyeli yeretswe ku birebana n’urusengero, byari gutuma Abayahudi bari mu bunyage bihana, kandi bikabizeza ko bari kongera gusenga Yehova (w99 1/3 8 par. 3; it-2 1082 par. 2)
Ezk 44:23—Abatambyi bari kwigisha abantu, bakamenya “itandukaniro riri hagati y’ikintu cyera n’igihumanye”
Ezk 45:16—Abantu bari gushyigikira abo Yehova yashyizeho ngo babayobore kandi bakabitaho (w99 1/3 10 par. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Ezk 43:8, 9—Abisirayeli bahumanyije bate izina ry’Imana? (it-2 467 par. 4)
Ezk 45:9, 10—Ni iki Yehova asaba abifuza kwemerwa na we? (it-2 140)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Ezk 44:1-9
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Tegura uburyo bwo gutangiza ibiganiro muri uku kwezi: (Imin. 15) Ikiganiro gishingiye ku “buryo bw’icyitegererezo.” Erekana buri videwo igaragaza uburyo bw’icyitegererezo, hanyuma muziganireho.
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Impamvu duha agaciro gahunda yo gusenga Yehova” (Imin. 15) Ikiganiro.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) kr igice cya 17 par. 10-18
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 115 n’isengesho