Kuki tugomba gusenga?
© 2020 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
Iyi gazeti ntigomba kugurishwa. Kuyandika biri mu bigize umurimo wo kwigisha Bibiliya ku isi hose, kandi ushyigikiwe n’impano zitangwa ku bushake. Niba wifuza gutanga impano, jya kuri donate.jw.org. Uretse aho byagaragajwe ukundi, imirongo yose yakuwe muri Bibiliya ikoresha ururimi ruhuje n’igihe tugezemo yitwa Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya.
INTEGO Y’IYI GAZETI y’Umunara w’Umurinzi, ni iyo gusingiza Yehova Imana, we Mutegetsi w’Ikirenga w’ijuru n’isi. Ihumuriza abantu ibagezaho ubutumwa bwiza buvuga ko vuba aha Ubwami bw’Imana, ari bwo butegetsi nyakuri bwo mu ijuru, buzavanaho ibibi byose kandi bugahindura isi paradizo. Itera abantu inkunga yo kwizera Yesu Kristo wadupfiriye kugira ngo tuzabone ubuzima bw’iteka. Muri iki gihe Yesu Kristo arategeka, akaba ari Umwami w’Ubwami bw’Imana. Iyi gazeti yatangiye kwandikwa mu mwaka wa 1879, kandi ntiyivanga muri poritiki. Ishingiye kuri Bibiliya kandi igendera ku buyobozi bwayo.