2 IBYO KU NGOMA
IBIVUGWAMO
1
2
3
4
Igicaniro, Ikigega cy’amazi n’ibikarabiro (1-6)
Ibitereko by’amatara, ameza, n’urugo (7-11a)
Imirimo ya nyuma yo kubaka urusengero (11b-22)
5
6
7
Urusengero rwuzura ikuzo rya Yehova (1-3)
Ibyakozwe igihe cyo gutaha urusengero (4-10)
Yehova abonekera Salomo (11-22)
8
9
Umwamikazi w’i Sheba asura Salomo (1-12)
Ubukire bwa Salomo (13-28)
Urupfu rwa Salomo (29-31)
10
11
Ubutegetsi bwa Rehobowamu (1-12)
Abalewi b’indahemuka bajya mu Buyuda (13-17)
Umuryango wa Rehobowamu (18-23)
12
13
14
15
16
17
Yehoshafati, umwami w’u Buyuda (1-6)
Gahunda yo kwigisha (7-9)
Imbaraga z’igisirikare cya Yehoshafati (10-19)
18
Isezerano Yehoshafati yagiranye na Ahabu (1-11)
Mikaya ahanura ko umwami yari gutsindwa (12-27)
Ahabu yicirwa i Ramoti-gileyadi (28-34)
19
20
Ibihugu byegeranye n’u Buyuda bibutera ubwoba (1-4)
Yehoshafati asenga asaba ubufasha (5-13)
Igisubizo giturutse kuri Yehova (14-19)
U Buyuda bukizwa mu buryo bw’igitangaza (20-30)
Iherezo ry’ubutegetsi bwa Yehoshafati (31-37)
21
Yehoramu, umwami w’u Buyuda (1-11)
Ubutumwa bwanditswe na Eliya (12-15)
Iherezo ribi rya Yehoramu (16-20)
22
23
24
Ubutegetsi bwa Yehowashi (1-3)
Yehowashi asana urusengero (4-14)
Ubuhakanyi bwa Yehowashi (15-22)
Yehowashi yicwa (23-27)
25
Amasiya, umwami w’u Buyuda (1-4)
Amasiya arwana n’Abedomu (5-13)
Ibikorwa bya Amasiya byo gusenga ibigirwamana (14-16)
Amasiya arwana n’Umwami Yehowashi wa Isirayeli (17-24)
Urupfu rwa Amasiya (25-28)
26
Uziya, umwami w’u Buyuda (1-5)
Ibikorwa by’ubutwari bya Uziya (6-15)
Ubwibone bwa Uziya butuma arwara ibibembe (16-21)
Urupfu rwa Uziya (22, 23)
27
28
Ahazi, umwami w’u Buyuda (1-4)
Ahazi atsindwa na Siriya na Isirayeli (5-8)
Odedi aburira Isirayeli (9-15)
Abayuda bicisha bugufi (16-19)
Ibikorwa bya Ahazi byo gusenga ibigirwamana; urupfu rwe (20-27)
29
Hezekiya, umwami w’u Buyuda (1, 2)
Ibyo Hezekiya yahinduye (3-11)
Urusengero rwezwa (12-19)
Imirimo yakorerwaga mu rusengero isubizwaho (20-36)
30
31
32
Senakeribu atera ubwoba abaturage b’i Yerusalemu (1-8)
Senakeribu asuzugura Yehova (9-19)
Umumarayika yica ingabo z’Abasiriya (20-23)
Uburwayi bwa Hezekiya no kwishyira hejuru (24-26)
Ibyo Hezekiya yagezeho n’urupfu rwe (27-33)
33
Manase, umwami w’u Buyuda (1-9)
Manase yihana kubera ibibi yakoze (10-17)
Urupfu rwa Manase (18-20)
Amoni, umwami w’u Buyuda (21-25)
34
Yosiya, umwami w’u Buyuda (1, 2)
Ibyo Yosiya yahinduye (3-13)
Haboneka igitabo cy’Amategeko (14-21)
Hulida ahanura ibyago byari kubaho (22-28)
Yosiya asomera abantu igitabo cy’Amategeko (29-33)
35
36
Yehowahazi, umwami w’u Buyuda (1-3)
Yehoyakimu, umwami w’u Buyuda (4-8)
Yehoyakini, umwami w’u Buyuda (9, 10)
Sedekiya, umwami w’u Buyuda (11-14)
Irimbuka rya Yerusalemu (15-21)
Kuro atanga itegeko ryo kongera kubaka urusengero (22, 23)