1
Yeremiya ashyirwaho ngo abe umuhanuzi (1-10)
Yerekwa igiti cy’umuluzi (11, 12)
Yerekwa inkono irimo kubira (13-16)
Yeremiya akomezwa ngo akore inshingano ye (17-19)
2
3
4
Kwihana bizana imigisha (1-4)
Ibyago bizaza biturutse mu majyaruguru (5-18)
Yeremiya ababazwa n’ibyago bizaba (19-31)
5
Abantu banga igihano cya Yehova (1-13)
Azabarimbura ariko ntabarimbure burundu (14-19)
Yehova abaza abantu ibyo bakoze (20-31)
6
Yerusalemu iri hafi kugotwa (1-9)
Yehova arakarira Yerusalemu (10-21)
Abagome batera baturutse mu majyaruguru (22-26)
Yeremiya aba uwo gusuzuma ibyuma (27-30)
7
Biringira ko urusengero rwa Yehova ruzabakiza kandi rutazabakiza (1-11)
Urusengero ruzamera nk’i Shilo (12-15)
Babuzwa gusenga izindi mana (16-34)
8
Abantu bakora nk’ibyo abandi bakora (1-7)
Mwagira ubwenge mute mudafite ijambo rya Yehova? (8-17)
Yeremiya aririra u Buyuda kuko burwaye (18-22)
9
Yeremiya agira agahinda kenshi (1-3a)
Yehova abaza u Buyuda ibyo bwakoze (3b-16)
Baririra u Buyuda (17-22)
Mwirate ko muzi Yehova (23-26)
10
Imana ihoraho itandukanye n’ibigirwamana byo mu mahanga (1-16)
Kurimburwa no kujyanwa mu kindi gihugu ku ngufu biri hafi (17, 18)
Yeremiya agira agahinda (19-22)
Isengesho ry’umuhanuzi (23-25)
11
U Buyuda bwica isezerano bwagiranye n’Imana (1-17)
Yeremiya agereranywa n’intama igiye kubagwa (18-20)
Yeremiya arwanywa n’abantu bo mu mujyi we (21-23)
12
Yeremiya yitotomba (1-4)
Yehova amusubiza (5-17)
13
Umukandara uboshye mu budodo wangiritse (1-11)
Ibibindi bya divayi bizamenwa (12-14)
U Buyuda bwanze kwihana buzajyanwa mu kindi gihugu ku ngufu (15-27)
14
Amapfa, inzara n’intambara (1-12)
Urubanza rwaciriwe abahanuzi b’ibinyoma (13-18)
Yeremiya yemera ibyaha abantu bakoze (19-22)
15
Yehova ntazahindura urubanza yaciye (1-9)
Yeremiya avuga ibibazo bye (10)
Yehova amusubiza (11-14)
Isengesho rya Yeremiya (15-18)
Yeremiya akomezwa na Yehova (19-21)
16
Yeremiya asabwa kutazashaka, kutaririra abapfuye no kutajya mu birori (1-9)
Bahanwa nyuma bakagaruka mu gihugu (10-21)
17
Icyaha cy’u Buyuda ntigishobora gukira (1-4)
Imigisha izanwa no kwiringira Yehova (5-8)
Umutima urashukana (9-11)
Yehova ni we byiringiro bya Isirayeli (12, 13)
Isengesho rya Yeremiya (14-18)
Kweza Isabato (19-27)
18
Ibumba mu biganza by’umubumbyi (1-12)
Yehova atera umugongo Abisirayeli (13-17)
Abantu bagambanira Yeremiya; atakira Imana (18-23)
19
20
Pashuri akubita Yeremiya (1-6)
Yeremiya ntiyareka kubwiriza (7-13)
Yeremiya avuga agahinda ke (14-18)
21
22
23
Abungeri beza n’ababi (1-4)
Umutekano mu gihe cy’ubutegetsi bw’“umuntu ukiranuka” (5-8)
Abahanuzi b’ibinyoma bacirwa urubanza (9-32)
“Umutwaro” wa Yehova (33-40)
24
25
26
27
28
29
30
31
32
33
Basezeranywa kugaruka (1-13)
Umutekano mu gihe cy’ubutegetsi bw’“umuntu ukiranuka” (14-16)
Isezerano ryahawe Dawidi n’abatambyi (17-26)
34
35
36
Yeremiya yandika umuzingo (1-7)
Baruki asoma mu ijwi ryumvikana ibyanditse mu muzingo (8-19)
Yehoyakimu atwika umuzingo (20-26)
Ubutumwa bwongera kwandikwa mu muzingo mushya (27-32)
37
38
Yeremiya ajugunywa mu rwobo rw’amazi (1-6)
Ebedi-meleki atabara Yeremiya (7-13)
Yeremiya asaba Sedekiya kwemera ko atsinzwe (14-28)
39
40
Nebuzaradani arekura Yeremiya (1-6)
Gedaliya ahabwa kuyobora igihugu (7-12)
Gedaliya agambanirwa (13-16)
41
42
43
44
45
46
47
48
49
Ibyahanuriwe Abamoni (1-6)
Ibyahanuriwe Edomu (7-22)
Ibyahanuriwe Damasiko (23-27)
Ibyahanuriwe Kedari na Hasori (28-33)
Ibyahanuriwe Elamu (34-39)
50
51
52
Sedekiya yigomeka kuri Babuloni (1-3)
Nebukadinezari agota Yerusalemu (4-11)
Umujyi n’urusengero bisenyuka (12-23)
Abaturage bajyanwa i Babuloni (24-30)
Yehoyakimu afungurwa (31-34)