1
Intashyo (1, 2)
Inama yo kwirinda abigisha b’ibinyoma (3-11)
Pawulo yagaragarijwe ineza ihebuje (12-16)
Umwami uhoraho iteka ryose (17)
“Uzabe nk’umusirikare uzi kurwana neza” (18-20)
2
3
Ibyo umuntu asabwa kugira ngo abe umusaza w’itorero (1-7)
Ibyo umuntu asabwa kugira ngo abe umukozi w’itorero (8-13)
Ibanga ryera ryo kwiyegurira Imana (14-16)
4
Inama yo kwirinda inyigisho z’abadayimoni (1-5)
Uko umuntu yaba umukozi mwiza wa Kristo (6-10)
Ujye uba umwigisha mwiza (11-16)
5
Uko wakwitwara ku bakiri bato n’abakuru (1, 2)
Gufasha abapfakazi (3-16)
Jya wubaha abasaza bakorana umwete (17-25)
6
Abagaragu bagomba kubaha ba shebuja (1, 2)
Abigisha b’ibinyoma no gukunda amafaranga (3-10)
Amabwiriza agenewe umuntu w’Imana (11-16)
Mujye mukora ibikorwa byiza (17-19)
Ujye urinda icyo wahawe (20, 21)