UMUTWE WA 9
Gukorera Imana
Muri ibi bintu bikurikira, ni ikihe ubona kikugoye?
□ Kwiyigisha Bibiliya
□ Gusenga Yehova buri gihe
□ Kubwira abandi ibyo nizera (cyane cyane ab’urungano rwanjye)
□ Kwiyumvisha impamvu nkwiriye kugendera ku mahame yo muri Bibiliya
Andika hasi aha intego wakwishyiriraho kugira ngo ugere kuri icyo kintu kikugora.
․․․․․
Igice cya 34-38, bizagufasha kumenya uko washimangira imishyikirano ufitanye n’Imana, uko wakurikiza amahame yo muri Bibiliya n’uko wahitamo icyo uzakoresha ubuzima bwawe.
[Ifoto yuzuye ipaji ya 280 n’iya 281]