UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA | ABAROMA 7-8
Ese ‘utegerezanya amatsiko menshi’?
“Ibyaremwe”: Abantu bafite ibyiringiro byo kubaho iteka ku isi
“Guhishurwa kw’abana b’Imana”: Bizaba igihe abasutsweho umwuka bazaba bafatanya na Kristo kurimbura isi ya Satani
“Hariho n’ibyiringiro”: Ibyo byiringiro ni amasezerano ya Yehova yo kuducungura binyuze ku rupfu rwa Yesu n’umuzuko we
‘Kubaturwa mu bubata bwo kubora’: Tuzakizwa buhoro buhoro ingaruka z’icyaha n’urupfu