11 “‘Niba kandi adafite ubushobozi bwo kubona intungura ebyiri cyangwa ibyana by’inuma bibiri, azazane ikiro kimwe+ cy’ifu inoze kugira ngo kibe igitambo cyo kubabarirwa ibyaha. Ntazagisukeho amavuta kandi ntazagishyireho umubavu, kuko ari igitambo cyo kubabarirwa ibyaha.