18 ‘None se mu biti byo muri Edeni, ni ikihe cyigeze kigira ikuzo kandi kigakomera nkawe?+ Ariko uzamanuranwa n’ibiti byo muri Edeni ujye mu gihugu cy’ikuzimu. Uzaryama mu batarakebwe bishwe n’inkota. Ibyo ni byo bizaba kuri Farawo n’abantu be bose.’ Ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.”