Ibyakozwe 17:34 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 34 ariko abantu bamwe bifatanya na we kandi barizera. Muri bo harimo Diyoniziyo wari umucamanza mu rukiko rwa Areyopago,+ n’umugore witwaga Damarisi, n’abandi bari kumwe na bo. Ibyakozwe Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi—Cyacapwe muri 2019 17:34 Umunara w’Umurinzi,15/7/2010, p. 31
34 ariko abantu bamwe bifatanya na we kandi barizera. Muri bo harimo Diyoniziyo wari umucamanza mu rukiko rwa Areyopago,+ n’umugore witwaga Damarisi, n’abandi bari kumwe na bo.