Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
b Ndetse n’iyo ngingo yo mu nkuru ya Daniyeli yagaragaye ko ari iy’ukuri. Abahanga mu bushakashatsi ku byataburuwe mu matongo babonye ko inkuta z’ingoro zabaga zubakishijwe amatafari kandi zihomye.
b Ndetse n’iyo ngingo yo mu nkuru ya Daniyeli yagaragaye ko ari iy’ukuri. Abahanga mu bushakashatsi ku byataburuwe mu matongo babonye ko inkuta z’ingoro zabaga zubakishijwe amatafari kandi zihomye.