Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
c Daniyeli yabonye ukuntu muri iyo ntambara uwo mwami yari kuzarimbura biteye ubwoba, maze arandika ati “azarimbura mu buryo butangaje [buteye ubwoba]” (Dan 8:24). Urugero, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zateye bombe atomike ebyiri ku banzi b’ubwo Butegetsi bw’Isi Yose bw’Abongereza n’Abanyamerika, zirimbura abantu n’ibintu mu buryo butari bwarigeze bubaho.