Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a uzi neza ko vuba aha abantu bose bazagerwaho n’“umubabaro ukomeye.” Abagaragu ba Yehova bo bizabagendekera bite? Yehova yiteze ko tuzakora iki muri icyo gihe? Ni iyihe mico tugomba kwitoza ubu, kugira ngo tuzashobore kuba indahemuka muri icyo gihe? Nimucyo tubisuzume.