-
Twagombye gusenga Imana dute?Nimukanguke!—2012 | Gashyantare
-
-
Yesu yaravuze ati “ku bw’ibyo rero, mujye musenga mutya muti ‘Data uri mu ijuru, izina ryawe niryezwe. Ubwami bwawe nibuze. Ibyo ushaka bikorwe mu isi nk’uko bikorwa mu ijuru. Uyu munsi uduhe ibyokurya by’uyu munsi; kandi utubabarire imyenda yacu, nk’uko natwe tubabarira abaturimo imyenda. Ntudutererane mu bitwoshya, ahubwo udukize umubi.’”—Matayo 6:9-13.
-
-
Twagombye gusenga Imana dute?Nimukanguke!—2012 | Gashyantare
-
-
“Ntudutererane mu bitwoshya, ahubwo udukize umubi.” “Umubi” ni Satani nanone witwa “Umushukanyi” (Matayo 4:3). Kubera ko umubiri wacu udatunganye ugira intege nke, tuba dukeneye ko Imana idufasha kurwanya Satani n’abambari be b’abantu.—Mariko 14:38.
-