-
Ibibazo by’abasomyiUmunara w’Umurinzi—2001 | 1 Ukwakira
-
-
Intumwa Pawulo yandikiye Abakristo b’Abaheburayo bo mu kinyejana cya mbere iti “haracyariho uburuhukiro bw’isabato bubikiwe abantu b’Imana; kuko uwinjiye mu buruhukiro bwayo, na we aba aruhutse imirimo ye, nk’uko Imana yaruhutse iyayo. Nuko tugire umwete wo kwinjira muri ubwo buruhukiro.”—Abaheburayo 4:9-11.
-
-
Ibibazo by’abasomyiUmunara w’Umurinzi—2001 | 1 Ukwakira
-
-
Tugarutse ku magambo yavuzwe na Pawulo mu Baheburayo, tubona ko yagaragaje ko ‘hakiriho uburuhukiro bw’isabato bubikiwe abantu b’Imana,’ kandi yateye Abakristo bagenzi be inkunga yo gukora uko bashoboye kose kugira ngo ‘binjire muri ubwo buruhukiro.’ Ibyo bigaragaza ko igihe Pawulo yandikaga ayo magambo, “umunsi wa karindwi” w’ikiruhuko cy’Imana, ukaba wari waratangiye mu myaka 4.000 mbere y’aho, wari ugikomeza. Ntuzarangira mbere y’uko umugambi w’Imana werekeranye n’abantu n’isi usohozwa mu buryo bwuzuye ku iherezo ry’Ubutegetsi bw’Imyaka Igihumbi bwa Yesu Kristo, we ‘Mwami w’isabato.’—Matayo 12:8; Ibyahishuwe 20:1-6; 21:1-4.
-