2 Abami 23:4 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 4 Umwami ategeka umutambyi mukuru Hilukiya+ n’abandi batambyi n’abarinzi b’amarembo gusohora mu rusengero rwa Yehova ibikoresho byose byakorewe Bayali, inkingi y’igiti*+ basenga n’ingabo zose zo mu kirere.* Abitwikira inyuma ya Yerusalemu mu materasi y’i Kidironi, ivu ryabyo arijyana i Beteli.+ 2 Abami 23:6 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 6 Hanyuma asohora inkingi y’igiti*+ basengaga yari mu nzu ya Yehova ayijyana inyuma ya Yerusalemu, mu Kibaya cya Kidironi, ayitwikirayo.+ Arangije arayisya ayihindura ivu, iryo vu arijugunya mu irimbi bashyinguragamo abantu basanzwe.+ 2 Ibyo ku Ngoma 15:16 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 16 Umwami Asa yanakuye nyirakuru Maka+ ku mwanya yari afite wo kuba umugabekazi,* kuko yari yarakoze igishushanyo giteye iseseme cyakoreshwaga mu gusenga inkingi y’igiti.*+ Asa yatemye icyo gishushanyo giteye iseseme arakijanjagura, agitwikira mu Kibaya cya Kidironi.+ Yohana 18:1 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 18 Yesu amaze kuvuga ibyo ajyana n’abigishwa be hakurya y’Ikibaya cya Kidironi+ ahantu hari ubusitani, maze we n’abigishwa be babujyamo.+
4 Umwami ategeka umutambyi mukuru Hilukiya+ n’abandi batambyi n’abarinzi b’amarembo gusohora mu rusengero rwa Yehova ibikoresho byose byakorewe Bayali, inkingi y’igiti*+ basenga n’ingabo zose zo mu kirere.* Abitwikira inyuma ya Yerusalemu mu materasi y’i Kidironi, ivu ryabyo arijyana i Beteli.+
6 Hanyuma asohora inkingi y’igiti*+ basengaga yari mu nzu ya Yehova ayijyana inyuma ya Yerusalemu, mu Kibaya cya Kidironi, ayitwikirayo.+ Arangije arayisya ayihindura ivu, iryo vu arijugunya mu irimbi bashyinguragamo abantu basanzwe.+
16 Umwami Asa yanakuye nyirakuru Maka+ ku mwanya yari afite wo kuba umugabekazi,* kuko yari yarakoze igishushanyo giteye iseseme cyakoreshwaga mu gusenga inkingi y’igiti.*+ Asa yatemye icyo gishushanyo giteye iseseme arakijanjagura, agitwikira mu Kibaya cya Kidironi.+
18 Yesu amaze kuvuga ibyo ajyana n’abigishwa be hakurya y’Ikibaya cya Kidironi+ ahantu hari ubusitani, maze we n’abigishwa be babujyamo.+