Intangiriro 49:10 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya Zab. 89:3, 4 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 3 “Waravuze uti: ‘nagiranye isezerano n’uwo natoranyije.’+ Kandi narahiye umugaragu wanjye Dawidi nti:+ 4 ‘Nzatuma abagukomokaho bahoraho+ kugeza iteka,Kandi ntume ubwami bwawe buhoraho uko ibihe bizagenda bisimburana.’”+ (Sela) Zab. 110:1 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 110 Yehova yabwiye Umwami wanjye ati: “Icara iburyo bwanjye,+Ugeze aho nzashyirira abanzi bawe munsi y’ibirenge byawe.”+ Yesaya 9:6 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya Yesaya 11:10 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya Luka 1:32, 33 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 32 Uwo mwana azaba umuntu ukomeye.+ Azitwa Umwana w’Isumbabyose,+ kandi Yehova Imana azamuha ubwami bwa sekuruza Dawidi.+ 33 Azaba Umwami ategeke abakomoka kuri Yakobo iteka ryose, kandi Ubwami bwe ntibuzagira iherezo.”+ Ibyahishuwe 5:5 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 5 Ariko umwe muri ba bakuru arambwira ati: “Reka kurira! Dore uwitwa ‘Intare yo mu muryango wa Yuda.’+ Akomoka+ kuri Dawidi*+ kandi yaratsinze.+ Ni we ukwiriye gufungura umuzingo ufunze cyane no kuvanaho kashe zirindwi ziwuriho.”
3 “Waravuze uti: ‘nagiranye isezerano n’uwo natoranyije.’+ Kandi narahiye umugaragu wanjye Dawidi nti:+ 4 ‘Nzatuma abagukomokaho bahoraho+ kugeza iteka,Kandi ntume ubwami bwawe buhoraho uko ibihe bizagenda bisimburana.’”+ (Sela)
110 Yehova yabwiye Umwami wanjye ati: “Icara iburyo bwanjye,+Ugeze aho nzashyirira abanzi bawe munsi y’ibirenge byawe.”+
32 Uwo mwana azaba umuntu ukomeye.+ Azitwa Umwana w’Isumbabyose,+ kandi Yehova Imana azamuha ubwami bwa sekuruza Dawidi.+ 33 Azaba Umwami ategeke abakomoka kuri Yakobo iteka ryose, kandi Ubwami bwe ntibuzagira iherezo.”+
5 Ariko umwe muri ba bakuru arambwira ati: “Reka kurira! Dore uwitwa ‘Intare yo mu muryango wa Yuda.’+ Akomoka+ kuri Dawidi*+ kandi yaratsinze.+ Ni we ukwiriye gufungura umuzingo ufunze cyane no kuvanaho kashe zirindwi ziwuriho.”