1
Umubyeyi n’abahungu be b’ibyigomeke (1-9)
Yehova yanga abamusenga batabikuye ku mutima (10-17)
‘Nimuze tugirane imishyikirano’ (18-20)
Siyoni yari kongera kuba umujyi wizerwa (21-31)
2
3
4
5
Indirimbo irebana n’umurima w’imizabibu wa Yehova (1-7)
Ibyago bizagera ku murima w’imizabibu wa Yehova (8-24)
Uko Imana irakarira abantu bayo (25-30)
6
Iyerekwa: Yehova ari mu rusengero (1-4)
Iminwa ya Yesaya isukurwa (5-7)
Yesaya ahabwa inshingano (8-10)
“Yehova, bizageza ryari?” (11-13)
7
Umwami Ahazi agezwaho ubutumwa (1-9)
Ikimenyetso cya Emanweli (10-17)
Ingaruka zo guhemuka (18-25)
8
Igitero cy’Abashuri gitangazwa (1-8)
Ntimutinye, “Imana iri kumwe natwe” (9-17)
Yesaya n’abana be babera abandi ikimenyetso (18)
Mwite ku mategeko, aho kwita ku badayimoni (19-22)
9
10
Imana irwanya Abisirayeli (1-4)
Ashuri, inkoni y’uburakari bw’Imana (5-11)
Ashuri ihanwa (12-19)
Abasigaye bo mu muryango wa Yakobo bagaruka (20-27)
Imana izacira urubanza Ashuri (28-34)
11
12
13
14
Abisirayeli bari gutura mu gihugu cyabo (1, 2)
Umwami w’i Babuloni atukwa (3-23)
Yehova yari kumenagura Abashuri (24-27)
Urubanza rwaciriwe Ubufilisitiya (28-32)
15
16
17
18
19
20
21
22
23
24
25
26
27
28
Ibyago bizagera ku basinzi bo muri Efurayimu (1-6)
Abatambyi b’u Buyuda n’abahanuzi baho badandabirana (7-13)
“Twasezeranye n’Urupfu” (14-22)
Urugero rugaragaza ubwenge buri mu gihano Yehova atanga (23-29)
29
30
Ubufasha bwa Egiputa nta cyo bumaze (1-7)
Abantu banze ubutumwa bw’abahanuzi (8-14)
Nimugira ibyiringiro muzabona imbaraga (15-17)
Yehova agirira neza abantu be (18-26)
Yehova azakora ibihuje n’urubanza yaciriye Ashuri (27-33)
31
32
Umwami n’abatware bazategekesha ubutabera nyakuri (1-8)
Abagore batagira icyo bitaho bahabwa umuburo (9-14)
Imigisha izazanwa no gusukwaho umwuka (15-20)
33
34
35
36
37
Hezekiya ashakira ubufasha ku Mana binyuriye kuri Yesaya (1-7)
Senakeribu ashyira iterabwoba kuri Yerusalemu (8-13)
Isengesho rya Hezekiya (14-20)
Yesaya amubwira icyo Imana yashubije (21-35)
Umumarayika yica Abashuri 185.000 (36-38)
38
39
40
41
Utsinda aturuka mu burasirazuba (1-7)
Abisirayeli batoranywa ngo babe umugaragu w’Imana (8-20)
Izindi mana zigaragaza ko zidashoboye (21-29)
42
Umugaragu w’Imana n’inshingano yahawe (1-9)
Indirimbo nshya yo gusingiza Yehova (10-17)
Isirayeli ntibona kandi ntiyumva (18-25)
43
Yehova yongera guhuriza hamwe abantu be (1-7)
Imana zishyirwa mu rubanza (8-13)
Bakurwa i Babuloni (14-21)
“Reka tuburane” (22-28)
44
Imigisha izagera ku bo Imana yatoranyije (1-5)
Nta yindi Mana itari Yehova (6-8)
Ibigirwamana byakozwe n’abantu nta cyo bimaze (9-20)
Yehova, Umucunguzi wa Isirayeli (21-23)
Kuro atuma Yerusalemu yongera kubakwa (24-28)
45
Kuro atoranyirizwa gufata Babuloni (1-8)
Ibumba ntiryaburana n’Umubumbyi (9-13)
Ibindi bihugu byubaha Isirayeli (14-17)
Ibyo Imana yaremye n’ibyo ihishura bigaragaza ko ari iyo kwiringirwa (18-25)
46
47
48
Isirayeli icyahwa kandi ikezwa (1-11)
Yehova azarwanya Babuloni (12-16a)
Inyigisho z’Imana zifite akamaro (16b-19)
“Musohoke muri Babuloni!” (20-22)
49
50
51
Siyoni yongera kumera nk’ubusitani bwa Edeni (1-8)
Ihumure rituruka ku ukomeye waremye Siyoni (9-16)
Igikombe cy’umujinya wa Yehova (17-23)
52
53
54
55
56
57
Umukiranutsi yararimbutse, abantu b’indahemuka barapfuye (1, 2)
Ubusambanyi bwo mu buryo bw’umwuka bwa Isirayeli bwashyizwe ahagaragara (3-13)
Aboroheje bahumurizwa (14-21)
58
Kwigomwa kurya no kunywa mu buryo nyabwo no mu buryo butari bwo (1-12)
Ibyishimo byo kwizihiza Isabato (13, 14)
59
Ibyaha by’Abisirayeli byabatandukanyije n’Imana (1-8)
Kuvuga ibyaha byakozwe (9-15a)
Yehova yitaye ku bihannye (15b-21)
60
61
62
63
Yehova azihorera ku mahanga (1-6)
Uko Yehova yagaragaje urukundo rudahemuka kera (7-14)
Isengesho ryo kwihana (15-19)
64
65
66
Abasenga by’ukuri n’abasenga ibinyoma (1-6)
Siyoni n’abahungu be (7-17)
Abantu bahurira i Yerusalemu kugira ngo basenge (18-24)