Ibirimo
15 Nzeri 2008
Igazeti yo kwigwa
IBICE BYO KWIGWA BYO MU CYUMWERU CYA:
3-9 Ugushyingo 2008
Yehova yabaye “umukiza” mu bihe bya Bibiliya
IPAJI YA 3
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 74, 44
10-16 Ugushyingo 2008
IPAJI YA 7
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 153, 3
17-23 Ugushyingo 2008
Mukomeze “umugozi w’inyabutatu” mu ishyingiranwa ryanyu
IPAJI YA 16
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 117, 173
24-30 Ugushyingo 2008
IPAJI YA 20
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 10, 191
Intego y’ibice byo kwigwa
Igice cyo kwigwa cya 1 n’icya 2 IPAJI YA 3-11
Ibi bice byombi byibanda cyane kuri Zaburi ya 70. Iyo Zaburi itwereka ko Yehova ari “umukiza.” Ibyo bice bigaragaza uko Yehova yakijije abagaragu be mu bihe bya Bibiliya, ndetse n’uko natwe adukiza.
Igice cyo kwigwa cya 3 IPAJI YA 16-20
Nubwo abashakanye bombi baba ari abagaragu ba Yehova, gukomeza kugira ishyingiranwa rirangwa n’ibyishimo muri iki gihe bishobora kutaborohera. Iki gice gikubiyemo inama z’ingirakamaro ku bihereranye n’ukuntu Abakristo bashobora gukomeza kureka Yehova akagira uruhare mu ishyingiranwa ryabo, ndetse n’icyo bashobora gukora igihe ibibazo bivutse.
Igice cyo kwigwa cya 4 IPAJI YA 20-24
Tugomba guhitamo hagati y’ibintu bibiri: ese tuzashakisha uko twabona umwuka wera w’Imana n’uko twayoborwa na wo, cyangwa tuzareka umwuka w’isi ube ari wo utuyobora? Iki gice kigaragaza uko dushobora kubona umwuka wera n’uko dushobora kurwanya “umwuka w’isi,” kandi kidufasha guhitamo icyatuma tugira ibyishimo.
IBINDI:
Rushaho kugira ubumenyi nyakuri ‘ubishishikariye’
IPAJI YA 12
IPAJI YA 25
Jya wigana Yesu usenga Imana mu buryo yemera
IPAJI YA 26
IPAJI YA 29
IPAJI YA 32